Umwe mu bashubije iki kibazo avuga ko abagabo bakoze ku buryo bakururwa n’abagore bakiri bato igihe na bo bakiri bato. Gusa ngo uko bagenda bakura uko gukururwa n’abagore bakiri bato kandi beza ntibigabanuka ngo ni uko bashaje. Ati: “umugabo ni ko aremye buri gihe abasha kubona ndetse no gukururwa n’ubwiza bw’umugore”...
Komeza usome
Kuki abagabo bakuze bikundira abakobwa bakiri bato
No comments:
Post a Comment