Umwe mu bashubije iki kibazo avuga ko abagabo bakoze ku buryo bakururwa n’abagore bakiri bato igihe na bo bakiri bato. Gusa ngo uko bagenda bakura uko gukururwa n’abagore bakiri bato kandi beza ntibigabanuka ngo ni uko bashaje. Ati: “umugabo ni ko aremye buri gihe abasha kubona ndetse no gukururwa n’ubwiza bw’umugore”...
Komeza usome
Kuki abagabo bakuze bikundira abakobwa bakiri bato
Reba Video
Baza Shangazi
Amabanga abagore bubatse bashobora gukopera ku ndaya
Hari abagore bahora bahangayitse ngo indaya cyangwa abandi bagore/abakobwa bakiri bato babatwaye abagabo. Niba ushaka gutsinda uwo muhanganye ni ngombwa ko umenya amayeri (strategies/tactics) akoresha kugira ngo nawe ubihereho bigufashe kumenya uko ubyitwaramo bityo ubashe kumutsinda.....
Komeza usome
Amabanga abagore bubatse bashobora gukopera ku ndaya
Komeza usome
Amabanga abagore bubatse bashobora gukopera ku ndaya
Ibimenyetso biranga umugore ugira ubwoba bwo gukora imibonano mpuzabitsina
Hari abagore batekereza ku gikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina bagahungabana cyane ku buryo utatekereza ndetse bagatinya n’icyatuma icyo gikorwa kigerwaho...
Komeza usome
Ibimenyetso biranga umugore ugira ubwoba bwo gukora imibonano mpuzabitsina
Komeza usome
Ibimenyetso biranga umugore ugira ubwoba bwo gukora imibonano mpuzabitsina
Dore ibice utagomba kwirengagiza mu gihe cyo gutera akabariro
Gukorakora ku mabere y’umugore bimufasha kujya muyindi si ariko si ukubikora uko wibinoneye. Urubuga Terra Femina rwemeza ko amabere ari igice cy’ingenzi kimufasha kugira ubushake, ibyishimo no kwizihirwa mu gihe cyo guhuza ibitsina n’umugabo. Amabere yaba manini cyangwa mato agira ubwumvumve bumwe nkuko bitangazwa n’inzobere. Gusa hari abemeza ko amabere mato ariyo agira ubwumvumve bwo ku rwego rwo hejuru....
Komeza usome
Dore ibice utagomba kwirengagiza mu gihe cyo gutera akabariro
Komeza usome
Dore ibice utagomba kwirengagiza mu gihe cyo gutera akabariro
Subscribe to:
Posts (Atom)