Bang Media

Reba Video

Baza Shangazi

Kuki abagabo bakuze bikundira abakobwa bakiri bato

Umwe mu bashubije iki kibazo avuga ko abagabo bakoze ku buryo bakururwa n’abagore bakiri bato igihe na bo bakiri bato. Gusa ngo uko bagenda bakura uko gukururwa n’abagore bakiri bato kandi beza ntibigabanuka ngo ni uko bashaje. Ati: “umugabo ni ko aremye buri gihe abasha kubona ndetse no gukururwa n’ubwiza bw’umugore”...



Komeza usome



Kuki abagabo bakuze bikundira abakobwa bakiri bato

Amabanga abagore bubatse bashobora gukopera ku ndaya

Hari abagore bahora bahangayitse ngo indaya cyangwa abandi bagore/abakobwa bakiri bato babatwaye abagabo. Niba ushaka gutsinda uwo muhanganye ni ngombwa ko umenya amayeri (strategies/tactics) akoresha kugira ngo nawe ubihereho bigufashe kumenya uko ubyitwaramo bityo ubashe kumutsinda.....



Komeza usome



Amabanga abagore bubatse bashobora gukopera ku ndaya

Ibimenyetso biranga umugore ugira ubwoba bwo gukora imibonano mpuzabitsina

Hari abagore batekereza ku gikorwa cyo gukora imibonano mpuzabitsina bagahungabana cyane ku buryo utatekereza ndetse bagatinya n’icyatuma icyo gikorwa kigerwaho...



Komeza usome



Ibimenyetso biranga umugore ugira ubwoba bwo gukora imibonano mpuzabitsina

Dore ibice utagomba kwirengagiza mu gihe cyo gutera akabariro

Gukorakora ku mabere y’umugore bimufasha kujya muyindi si ariko si ukubikora uko wibinoneye. Urubuga Terra Femina rwemeza ko amabere ari igice cy’ingenzi kimufasha kugira ubushake, ibyishimo no kwizihirwa mu gihe cyo guhuza ibitsina n’umugabo. Amabere yaba manini cyangwa mato agira ubwumvumve bumwe nkuko bitangazwa n’inzobere. Gusa hari abemeza ko amabere mato ariyo agira ubwumvumve bwo ku rwego rwo hejuru....



Komeza usome



Dore ibice utagomba kwirengagiza mu gihe cyo gutera akabariro
 

Kunyaza

Miss World

Hot Girls