1. Agerageza kugusetsa no kugusekera
Umukobwa wagukunze ntiyifuza kukubona ubabaye n’umunsi n’umwe, bityo bigatuma yumva yakubwira amagambo agushimisha rimwe na rimwe akabikora kugira ngo akubone useka.
2. Agusaba ko musohokana
Mushobora kuba mwari inshuti zisanzwe, mukorana , mwigana se cyangwa hari ibindi bintu bibahuza , nyuma ukumva atangiye kujya agusaba ko mwasohoka mwenyine .
3. Ibimenyetso by’umubiri
Nubona umukubwa yinjiye ahantu uri akakwicira ijisho atavuze, akagukubita agashyi, akagukora mu mugongo ujye umenya ko hari ikintu kidasanzwe arimo kukwereka.
4. Azakubwira ko Akunda Imico Yawe
Umukobwa nakubwira ko yikundira imico yawe azaba akubwiye ko agukunda. Nibwo buryo bwe bwo kuvuga ko agukunda
5. Akugira Inama z'Ubuzima
Nuganira n’umukobwa wakubengutse uzajya wumva arimo kukugira inama z’ubuzima, akwereka icyo wakora kikakugirira akamaro n’icyo utagomba gukora. Ibi kandi ntabwo azabikora yabifatiye umwanya munini ahubwo azabikubwira igihe mu
Ibindi bimenyenyetso vyerekana ko umukobwa yagukunze:
ReplyDelete6. Iyo mwicaranye naho mwoba muri mubantu benshi arakuraba cane umwanya wose
7. Usanga ukuranba yongera yandikisha amano hasi
8. Aragutumako ikintu umufasha kandi ataco
ESE WARI WABONA UMUKOBWA WABWIYE UMUHUNGU KO AMUKUNDA , GUSA NGEWE BYAMBAYEHO KANDI BIGARAGARA KUBERA GUTERA IMBERE MURIYI MINSI NTA MUKOBWA UKUNDA UMUHUNGU NGO ABI MUHISHE AHITA AKUBWIRA KUGIRANGO HATAZAGIRA UNDI MUKOBWA UBIKUBWIRA MBERE YEEEEEEE. ISSA
ReplyDeletemwewe mnadanganya sana. so I Can't Agree With These Because I'am Experienced In Love. Sometimes A girls 2 Show U Dat She Is In Partinership With U.
ReplyDelete