Bang Media

Reba Video

Baza Shangazi

AMABANGA Y'ABAGORE-IBYO UMUGORE WAWE AGUHISHA I

AMABANGA Y'ABAGORE-IBYO UMUGORE WAWE AGUHISHA I

IBYO MARIYA ATABWIRA UMUGABO WE

Ana afite imyaka 37, umunsi umwe yarimo aganira n'umugabo we wari wamusohokanye muri hoteli nziza. Ikiganiro cyabo cyari gishyushye kandi cyuzuye urugwiro. Ariko ntibari babiri gusa ahubwo bari batatu. Uwa gatatu ntiyabonekaga. Pierre yakomezaga kwandikira Ana za SMS muri telefone ye Nokia, nawe Ana agasoma amwenyura umugabo we akagira ngo ni urugwiro! Ubwo umukunzi wa Ana yamwandikiraga za message amutegerereje hafi y'ikibuga cy'indege aho yamubwiraga ati "Wibuke ka Kajipo kagufi, nta mugore mwiza ndabona nkawe!" Ubwo Ana yasomaga izo message agahita azisiba mu gihe nyamugabo, umwarimu wo muri Universite w'imyaka 40 yari yiyegamiye mu ntebe yisomera ku kirahuri ke atuje.

Ana kugira ngo asubize umukunzi yarahagurutse ajya muri toilette yandika sms asubiza umukunzi. Umugabo ntiyigeze arabukwa uwo mukino."Iyo umugabo aza kuvumbura iyo mikino sinzi aho nari gukwirwa!"

Ana amaranye imyaka 9 n'umugabo we Louis kandi bafitanye abana babiri umwe w'imyaka 5 undi w'imyaka 7. Ana yivugira ko atumva akunze cyane Louis mu rwego rwo guhuza igitsina kuko iyo barimo guhuza igitsina aba arimo kwitekerereza ko ari Pierre barimo kubikorana. Ibi abashakashatsi bakaba bavuga ko ari ibisanzwe ku bagore benshi. Mu bushakashatsi bwakozwe n'ikinyamakuru cyo muri Amerika cyitwa Woman's Day, ngo 76% by'abagore bitekerereza ku bandi bagabo iyo baryamanye n'uwo bashakanye! Abagore kandi ibyo babihisha abagabo.

Ana avuga ko n'ubwo akundana na Pierre batarahuza igitsina ariko avugako yifuza ko nibura uwamuha ubushobozi yakwifungirana na we mu cyumba cy'ihoteli akamukorera ibyo ashaka."Icyampa akandongora anyegetse ku rukuta!"

Ana akunda kwandikirana message n'umukunzi we "Umunsi umwe nari nicaye muri salon ari ku mugoroba twenda kujya kuryama, mbanza kwandikira message Pierre, mpita nsizirira ko nyuma nicuriye mu kirere ntekereza ko umugabo wanjye yaba yasomye izo message, by'amahirwe nasanze nari nabanje kuzisiba! Ariko iyo aza kuzisangamo byari kuba birangiye!"

Nyamara umugabo ntacyo akeka ni n'inshuti ya Pierre, ntatekereza ko hari affaire Pierre yaba afitanye n'umugore we."Bijya bintangaza iyo mbabonye bari kumwe basabana, umugabo wanjye atazi icyo ntekereza kuri Pierre."

Umushakashatsi w'umunyamerika mu mibanire y'abashakanye Shirley Glass avuga ko abagabo benshi cyane 80% by'abagabo badatekereza ko umugore ashobora kubaca inyuma .Mu gihe 90% y'abagore bakeka ko umugabo ashobora kuba afite "affaire" kandi akenshi akaba ari byo.

ANA NA LOUIS

Ibyo umugabo abona

-umugore mwiza ukunda umugabo
-umugore usohokana n'umugabo akamenya kuganira

Ibyo umugabo adakeka ko byashoboka

-ko umugore yandikirana n'umukunzi we sms z'urukundo akenshi imbere ye basohokanye!


tags-gusambana,kubaka urugo,urugo ruhire,igitsina,igituba

No comments:

Post a Comment

 

Kunyaza

Miss World

Hot Girls